Himbazimana group

Himbazimana group Ikaze muri group murisanga # WELCOME

23/05/2026

Sylvie Mukankiko

Que Paso
21/05/2026

Que Paso

With Sylvie Mukankiko – I just got recognized as one of their top fans!
25/04/2026

With Sylvie Mukankiko – I just got recognized as one of their top fans!

Higeze kubaho umwami mubinyejana byashize yari afite imbwa zishyamba 10.  Yazikoreshaga mugutoteza no kurya  abaja be ba...
22/04/2026

Higeze kubaho umwami mubinyejana byashize yari afite imbwa zishyamba 10. Yazikoreshaga mugutoteza no kurya abaja be babaga bakoze amakosa.
Umunsi umwe hari umuja umwami yakundaga cyane yaje kugira udufuti nuko umwami ntiyadukunda, maze ategeka ko uwo muja bamuterera izombwa ngo zimurye.
wamuja abwira umwami ati" Nyiricyubahiro nagukoreye imyaka icumi ntakosa nigeze nkora none nibi unkoze? basi reka muzanjugunye mwaziriyambwa nyuma yiminsi 10 ndakwinginze! "
Umwami arabyemera
muri iyo minsi 10, wamuja yagiye kureba umurinzi wa zambwa amusabako yareka akaba azitaho muriyo minsi bari bamuhaye, uwo murinzi nubwo yari yabyanze ariko yaje kubyemera,
wamuja atangira kugaburira zambwa atangira kujya azoza ndetse akanazisukurira aho zabaga, mbese akazikorera buri kimwe.
yaminsi 10 yaje kugera, umwami ategeka ko wamuja bamuha izombwa ngo zimurye nkigihano cye, ubwo uwomuja bamujugunyaga muri izombwa twese twatunguwe no kubona imbwa zishonje zitarya wamuja ahubwo zimurigata kubirenge bye,
Umwami ararakara ati " niki cyabaye kumbwa zanjye?"
wamuja aramusubiza ati " Nyiricyubahiro izimbwa muri yaminsi 10 wampaye nazitagaho ntakindi nakoze, none ntabwo zigezehe zibagirwa ibyiza nazikoreye ariko wowe nagukoreye imyaka icumi yose ntakosa nigeze nkora ariko byose warabyibagiwe kubera ikosa rimwe ryambere gusa nakoze.
Umwami yumva ikosa yari yakoze maze ategekako barekura wamuja

👉 umuntu nagukosereza ntukajye ureba kuruhande rwe rubi cyane Ngo umukureho amaboko ahubwo ujye wibuka na byabyiza yigeze kugukorera

20/04/2026
11/04/2026
🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibi...
09/04/2026

🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Ubu mu Mujyi wa Kigali umugenzi azajya yishyura 59,28 Frw kuri kilometero mu gihe mu Ntara ari 41,58 Frw.

Mu biciro byatangajwe, ibyerekezo by’amafaranga menshi ni:

1. Nyabugogo – Kamembe via Huye → 11.445 Frw
2. Nyabugogo – Pindura → 10.930 Frw
3. Nyabugogo – Kamembe via Karongi → 10.296 Frw
4. Muhanga – Kamembe via Huye → 9.603 Frw
5. Nyabugogo – Mushubi → 9.524 Frw
6. Rubavu – Kamembe → 9.009 Frw
7. Muhanga – Kamembe via Karongi → 8.534 Frw
8. Ruhango – Kamembe → 8.514 Frw
9. Nyabugogo – Nyamasheke → 8.474 Frw
10. Nyabugogo – Tyazo → 8.158 Frw

✍️✏️MñZ ßeif Felix

08/04/2026

With J Sûîs Djafalí – I just got recognized as one of their top fans!

Address

Nyabihu
Rubavu

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Himbazimana group posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share